Wikipedia rwwiki https://rw.wikipedia.org/wiki/Intangiriro MediaWiki 1.47.0-wmf.2 first-letter Itangazamakuru Ibidasanzwe Ibiganiro Umukoresha Ibiganiro by'umukoresha Wikipedia Ibiganiro kuri Wikipedia Dosiye Ibiganiro kuri dosiye MediyaWiki Ibiganiro kuri MediyaWiki Inyandikorugero Ibiganiro ku nyandikorugero Ubufasha Ibiganiro ku bufasha Ikiciro Ibiganiro ku byiciro TimedText TimedText talk Module Module talk Event Event talk College of Science and Technology (CST) 0 9938 131290 131212 2026-05-17T22:04:53Z Nizeyimana Daniel 18162 /* growthexperiments-addlink-summary-summary:2|0|0 */ 131290 wikitext text/x-wiki College of Science and Technology ( UR-CST) ni ishuri rikuru ry'Ubumenyi n'Ikoranabuhanga rya [[Kaminuza y'u Rwanda|Kaminuza y'u Rwanda,]] iherereye mu [[Akarere ka Nyarugenge]] mu Mujyi wa [[Kigali|Kigali.]] Yahoze ari ishuri Rikuru ry'Ubumenyi n'ikoranabuhanga rya [[Kigali]] (izwi cyane kwizina rya KIST cyangwa Institut des Sciences et des Technologies de Kigali), nicyo kigo cya mbere cyibanda ku ikoranabuhanga mu mashuri makuru yashyizweho na leta y'u Rwanda.<ref name=":0">https://ur.ac.rw/?College-of-Science-and-Technology-CST</ref> KIST yashinzweho mu Gushyingo 1997. Abafatanyabikorwa bakomeye mu ishingwa ryayo ni [[Minisiteri y'uburezi mu Rwanda|Minisiteri y’Uburezi]], UNIPOD mu Rwanda, na GTZ, uruganda rw’Abadage. Ishuri Rikuru ry'Ubumenyi n'Ikoranabuhanga (CST) ryashinzweho na leta y'u Rwanda mwi ITEGEKO N ° 71/2013 Ryo ku wa 10 Nzeri 2013 rishyiraho kaminuza y' u [[Rwanda|Rwanda (UR)]] kandi rimenya inshingano yayo, imbaraga, imiterere n'imikorere nkishuri ry'[[IKORANABUHANGA (ubusobanuro)|ikoranabuhanga]] ryihariye mukwigisha no guhugura abakozi bafite ubumenyi buhanitse mubijyanye nubumenyi, n'ubumenyingiro hamwe nubwubatsi kugirango bakurikirane iterambere ry'[[Igihugu|igihugu.]]<ref>{{Cite web |url=https://council.science/member/rwanda-kigali-institute-of-science-and-technology-kist-rwanda/ |title=Archive copy |access-date=2022-01-26 |archive-date=2022-05-22 |archive-url=https://web.archive.org/web/20220522070528/https://council.science/member/rwanda-kigali-institute-of-science-and-technology-kist-rwanda/ |url-status=dead }}</ref> Mu rwego rwo kubahiriza ibyo leta yu Rwanda yiyemeje kugera ku ntego n’intumbero bigaragara muri EDPRS 2 y[[Igihugu|’igihugu]] ndetse na Vision 2020 yahindutse 2050 ubu, Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi n’ikoranabuhanga (CST) ni rimwe muri kaminuza esheshatu zihariye ziri munsi ya [[Kaminuza y'u Rwanda|kaminuza y’u Rwanda]]. CST igira uruhare runini mu kwigisha no gukora ubushakashatsi, kwegera abaturage no gutera inkunga abikorera ku giti cyabo bafite akazi kabuhariwe.<ref>https://schoolsinrwanda.com/listing/college-of-science-and-technology-cst-ur/</ref><ref>https://web.archive.org/web/20081009061704/http://www.ashdenawards.org/winners/kist05</ref> '''AMASHURI AYIGIZE MUKICIRO CYAKABIRI CYA KAMINUZA'''(schools In bachelors degree)<ref>https://cst.ur.ac.rw/</ref> 1.Ishuri Ryigisha gukora ibishushanyo mbonera by'amazu nizindi nyubako ,ibidukikije n'imigereka yabyo''.(School of Architecture and Environment'').harimo ibyiciro bya: * Igishushanyo Mbonera cy’[[Amazu]] (Architecture) * Kubara n’Ubugenzuzi bw’Agaciro k’Ibyubakwa (Quantity Surveying) * Imicungire n’Ibarura ry’Agaciro k’Imitungo Itimukanwa (Estate Management and Valuation) * Yubumenyi bwisi n’Igenamigambi ry’Imijyi (Geography and Urban Planning) 2.Ishuri Ryigisha ubwubatsi bw'imihanda n'amazu, amashanyarazi, n'ubwubatsi bw'imashini ( ''School of engineering). Aha'' harimo * Ubwubatsi bw[[Imihanda ya kaburimbo yubatswe mu Karere ka Rwamagana|'imihanda]], amapoto n'amazu(Civil Engineering). * Ibyerekeye amashanyarazi n'ingufu (electrical power Engineering). * Ibyerekeye itumanaho n'ibyuma bya elegitoroniki(electronic and telecommunication). * Ubukorikori n'ubwubatsi bw'imashini(Mechanical engineering). * Nizindi zitandukanye. 3.Ishuri Ryigisha iby'ikoranabuhanga, mudasobwa, n'itumanaho( ''School of ICT''). Zimwe muri porogaramu( program) zirimo ni * Ibyerekeye mudasibwa n'umutekano wazo(computer science). * Sisitemu z'amakuru n'ikoranabuhanga rya e-Government(information systems). * Ubwubatsi n'iyandikwa rya porogaramu za mudasidwa(computer engineering). 4. Ishuri Ryigisha [[Ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro mu Rwanda|iby'ubucukuzi bw'amabuye]] y'agaciro n'ubumenyi ( ''school of mining and geology'') .Naho harimo * Mining Engineering (Ubuhanga mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro). * Applied Geology (Ubumenyi bw'isi n'amakoperative y'ubucukuzi). 5.Ishuri Ryigisha ubumenyi bw'ibanze nka Matematike, [[Umugenge|Ubugenge]], Ubushakashatsi bw'imiti (Chemistry), n'Ibinyabuzima( s''chool of science''). Aha ho harimo •Ishami ry'Imibare na Sitatisitiki (Mathematics and Statistics). • Ishami ry'ubujyenge( physics). •Ishami ry'ubutabire(, chemistry). •Ishami ry'ibunyabuza( conservation biology). '''INYUBAKO ZIGIZE IKIGO'''<ref name=":0" /> # SABE:iyi ni Inyubako y'ishuri ry'ubugeni mu guhanga inyubako (School of Architecture and Built Environment) yubatswe hifashishijwe inkunga y'Ibirunga by'u Rwanda n'amabuye y'amakoro. Ifite ibyumba 13 byo kwigiramo, ibiro, n'amalaboratwari ndetse naho abanyeshuri basuzumira imishinga yabo. # Einstein Block (Building 19): Inyubako yitiriwe umuhanga Albert Einstein. Ikoreramo amashuri y'ubushakashatsi ikoranabuhanga n'ubugenge. # Agaciro Block (Building 18): Inyubako ikoreramo ibiro byubuyobozi bw'amashuri amwe n'amwe n'ikigo cy'icyitegererezo cya ACEIoT, Imbere ya resitora zombi Yaba iyabanyeshuri Niyabarimu. # Muhabura Block (Building 33): Inyubako nini ikoreshwa mu masomo atandukanye y'ibinjyanye n'ubwubatsi. # Muhazi Block (Building 4): Inyubako ikoreshwa mu masomo n'amalaboratwari y'ubwubatsi (Civil Engineering). Ikaba imwe munyunsko zitageretse ziri muri CST. # Dusaidi Students Hostel (Building 5) na Facebook: Inyubako z'amateka zikoreshwa nkamacumbi yabahungu. # Female Hostels (Building 3): Inyubako zicumbikira abanyeshuri b'abakobwa biga muri iyi kaminuza. Ninayo nyubako kubona bwambere ukinjira muri CST unyuze Camp Kigali. # Ikaze block: aha higiramo abanyeshuri biga mu ishuri rya science. Ari naho hari ivuriro kujyirango igize ikibazo abone ubutabazi. # Kalisimbi block: iyi ni inyubako ya labolatwari zubutabire,ibinyabuza ndetse nikoranabuhanga. # Workshops: izi ni inyubako abanyeshuri bo muri CST biga puratike bifashisha cyane cyane mumasomo yubumenyi ngiro. b5cxdan1ko3fvonjk32w04qn2qit7pu Umuyobozi Al-Hassane Aidara 0 13496 131288 123647 2026-05-17T12:23:05Z InternetArchiveBot 9716 Rescuing 1 sources and tagging 0 as dead.) #IABot (v2.0.9.5 131288 wikitext text/x-wiki Umuyobozi wumudugudu '''Al-Hassane Aidara''' (yavutse muw'1917 ahitwa Timbédra, Mauritania; apfa mukuboza 2011 ahitwa Darou Hidjiratou muri Senegal) yari Umuyobozi widini rya Moritaniya-Senegal Sufi aturuka muba Tijaniya tariqa. ==Umwirondoro== Cherif Al-Hassane Aidara bimutse bava Mauritania bajya muri Senegal mumpera zumwaka waza 1930. Akigera muri Senegal, yakiriwe na Thierno Siirajaddine Mohamed Said Ba wa Medina Gounass na cantonal ye umuyobozi wumudugugu Seydou Diao. Yaje gushaka Umukobwa wa cantonal umuyobozi wumudugudu witwaga Maimouna Diao.<ref>Elhadji Lonka Sabaly. [https://web.archive.org/web/20230106172159/http://www.dental.sn/index.php?lien=4&id_mil=384&titre=%20%20%20%20%20Ziarra%20Annuelle%20d%27Elhadji%20Thierno%20Tidiane%20Sadigui%20Diallo%20de%20Kounkan%E9%20%3A%20Un%20CLD%20pr%E9paratoire%20pour%20%20la%205%E9%20Edition Ziarra Annuelle d'Elhadji Thierno Tidiane Sadigui Diallo de Kounkané : Un CLD préparatoire pour la 5é Edition]. ''Le Dental''.</ref><ref>[https://www.laviesenegalaise.com/tag/cherif-alhassane-aidara Chérif Al-Hassane Aïdara]. ''La Vie Sénégalaise''.</ref><ref>[https://www.setal.net/Velingara-Ziarra-Annuelle-du-Guide-Religieux-Elhadji-Thierno-Tidiane-Sadigui-Diallo-de-Kounkane-Un-CLD-preparatoire-pour_a53179.html Vélingara : Ziarra Annuelle du Guide Réligieux Elhadji Thierno Tidiane Sadigui Diallo de Kounkané Un CLD préparatoire pour commémorer la 5é Edition]. ''Setal.net''.</ref> Yaratuye mumuhana we witwa Darou Hidjiratou kandi akaba yarahambwe hariya mukuboza 2011.<ref>[https://web.archive.org/web/20200221153226/http://senenet.net/index.php/2019/05/07/sortie-du-maire-de-bonkontou-les-precisions-de-cherif-habibou-aidara/ SORTIE DU MAIRE DE BONKONTOU : Les précisions de Chérif Habibou Aïdara]. ''Senenet''.</ref> Umusigiti mukuru wa Al Hassanayni (Bisobanura: Imisigiti ibiri ya Hassans" ) ya Darou Hidjiratou wubatswe naba Mozdahir ikigo Mpuzamahanga (IMI) na Peresida wacyo Cherif Mohamed Aly Aidara. umusigiti witiriwe mucyubahiro cyumuyobozi wumudugudu Al-Hassane Aidara mumukurambere we Imam Al Hassane Al Mojtaba ibn Ali, umwuzukuru w`umuhanuzi Muhammad akaba nuwakabiri muba Imamu 12 muba Shiism 12.<ref>[https://web.archive.org/web/20200412002234/http://www.seneweb.com/blogs/chiitesenegal/inauguration-une-nouvelle-mosquee-a-velingara-al-hassanayni-de-daroul-hijratou-voit-le-jour_b_18.html Inauguration une nouvelle Mosquée à Vélingara Al-Hassanayni de Daroul Hijratou voit le jour]. ''Seneweb''.</ref><ref>[https://web.archive.org/web/20200412002235/https://news.sen360.sn/news/amp/478713 Inaugurantion d'une mosquée construite par l'Institut Mozdahir International : Le khalife de Médina Gounass bénit les actions de l'Ong chiite]. ''Sen360''. 2016-04-27.</ref> ==Umuryango== Umuyobozi Wumudugudu Al-Hassane Aidara ni se wumuyobozi Mohamed Aly Aidara, akaba numuyobozi widini akaba arinawe watangije Umushinga udaharanira Inyungu witwa Ikigo Mozdahir Mpuzamahanga (IMI). Umuyobozi Al-Hassane Aidara akaba arinawe se wumuyobozi Habib Aidara, Umuyobozi wumurenge wa Comine ya Bonconto.<ref>[https://www.scribd.com/document/49609394/Qui-est-Cherif-Mohamed-Aly-Aidara-1 Qui est Chérif Mohamed Aly Aïdara].</ref> ==References== <references/> 0ah1qatazf943ytdgzi7r8b7zcigy4k Ishyamba rya nyungwe 0 19468 131289 131162 2026-05-17T21:56:19Z Nizeyimana Daniel 18162 /* growthexperiments-addlink-summary-summary:2|0|0 */ 131289 wikitext text/x-wiki '''ISHYAMBA RYA NYUNGWE'''<ref>https://visitnyungwe.org/</ref> Iri ni [[Ishyamba rya nyungwe|ishyamba]] ni rimwe mumashyamba ya kimeza ataratewe n'abantu. Riherereye muntara yamajyepfo mubice bya Nyamagabe, Rusizi, Nyamasheke ndetse na Nyaruguru.Iri shyamba riri ku buso bwa km² 1,019. Nihamwe muhantu habera ubukerarugendo mpuza mahanga. Akaba ari ishyamba ricumbikiye amoko menshi y'[[inyoni]] ,hari amoko ashingiye kuri 300 y'inyoni, aho amoko 29 muri yo aboneka gusa mu karere k'Imisozi ya Albertine (Albertine Rift) gusa ki isi yose. Hatibagiwe n'izindi nyamaswa ziba mu muryango w'[[ingagi]] n' inkende, harimo aho hari amoko 13 y'izihagaragara, zirimo inkende (Chimpanzees), [[ibimanuka]] (Colobus monkeys), ibitera ndetse n' [[inkima]]. Iri shyamba kandi ribamo ni ibikorwa remezo nki imihanda<ref>https://kiny.taarifa.rw/nyungwe-ishyamba-ryinzitane-rya-cyera-cyane/</ref>.Nti twakwirengagiza ikiraro giherereye mwishyamba rwagati, uru ni urwego rw'ikiraro ruri mu kirere ruremye neza (mitero 70 hejuru y'ubutaka) rufasha abasura kureba ishyamba baturutse hejuru.<ref>https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-rwanda/article/nyuma-y-ikiraro-hagiye-gushyirwa-n-imigozi-ifasha-abantu-kugendera-hejuru-ya-nyungwe</ref> Ubushakashatsi bwakozwe nikigo kigihugu gishinzwe amazi , WASAC bwemeje ko 60% byamazi yose akoreshwa mu Rwanda akomoka muri Nyungwe ,mumigezi nka Rubyiro, Kamiranzovu, Rukarana na mbirurume bitanga Nyabarongo, karundura, Ndambarare n'iyindi. Inteko yiga ku murage w'isi y’Ishami rya ONU ryita ku Burezi, Ubumenyi n'Umuco (UNESCO) iteraniye i Riyadh muri [[Arabiya Sawudite|Arabia Saoudite]] muri Nzeri 2023 yemeje Parike ya [[Nyungwe yabariwe agaciro ka miliyari 4,8 $|Nyungwe]] nk’ahandi hantu hashya ku rutonde rw’ahantu hagize umurage w’isi.<ref>https://www.bbc.com/gahuza/articles/cy6l3pw10lxo.lite</ref> == Amashakiro == {{reflist}} ma1jknptd9cyseteckz7icr5karty64 IBYARANZE TALIKI YA 10 MATA 1994 0 22623 131291 2026-05-18T08:41:33Z Igiraneza Divine 15375 #Kwibuka32 131291 wikitext text/x-wiki Taliki ya 10 Mata 1994, umunsi abasirikare ba Habyarimana Juvenal bishe abarwayi kuri Faisal, kuri iyi taliki ubwicanyi bwarakomeje mu buryo bukomeye aho mu bice byinshi abatutsi bishwe mu buryo butagira ingano. Icyo gihe abasirikare barindaga Perezida Habyarimana Juvenal barashe amasasu bikomeye ku Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, bica abarwayi 29, abandi bagera kuri 70 barakomereka.<ref name=":0">[https://www.nyarugenge.gov.rw/soma-ibindi/tariki-10-mata-1994-umunsi-utazibagirana-ku-barokotse-jenoside-mu-murenge-wa-nyarugenge#:~:text=Iyi%20tariki%20ya%2010%20Mata,abandi%20bakabasanga%20mu%20ngo%20zabo. https://www.nyarugenge.gov.rw/soma-ibindi/tariki-10-mata-1994-umunsi-utazibagirana-ku-barokotse-jenoside-mu-murenge-wa-nyarugenge#:~:text=Iyi%20tariki%20ya%2010%20Mata,abandi%20bakabasanga%20mu%20ngo%20zabo.]</ref> Ni wo munsi Abatutsi barenga 7564 biciwe kuri Kiliziya Gatolika i Gahanga muri Komini Kanombe, abarenga 2522 bicirwa i Karembure, muri Gahanga. Ibitero byabishe biyobowe n'uwari wungirije Burugumesitiri muri Komini Kanombe n'abapolisi ba Komini, hiyongereyeho uwari konseye wa Gahanga akaba yarahoze mu gisirikare ndetse n'abandi bantu bavuye mu gisirikare aribo Zirarushya, Kimonyo,Francais, hiyongeraho abasirikare bari barinze ikiraro cya Kanzenze n'abari ku musozi wa Rebero barindaga RADAR bose bahuriye i Gahanga. Icyo gihe kandi abatutsi bari bahungiye ku biro bya Komini Gashora no mu kigo cya ISAR Karama (ubu ni mu Murenge wa Ririma), barishwe bose.<ref name=":1">[https://www.isangostar.rw/ibyaranze-taliki-ya-10-mata-1994#:~:text=Ku%20wa%2010%20Mata%201994,Rwamiko%2C%20Perefegitura%20ya%20Gikongoro%20bishwe. https://www.isangostar.rw/ibyaranze-taliki-ya-10-mata-1994#:~:text=Ku%20wa%2010%20Mata%201994,Rwamiko%2C%20Perefegitura%20ya%20Gikongoro%20bishwe.]</ref> Kuva taliki 10 kugeza 15 Mata 1994, Abatutsi bajyanwaga kwicwa n'abasirikare muri Camp GP ku Kimihurira. Abari bahungiye ku Bitaro bya Kiziguro (ubu ni mu Karere ka Gatsibo), nabo nibwo bishwe. Ikindi kandi Abatutsi bari bahungiye ku ishuri ribanza rya Gikumba muri Bumbogo, barishwe. Interahamwe zo muri Komini Ngororero na Giciye ku Gisenyi, zishe Abatutsi barenga 14500 bari bahungiye ku Ngoro ya Muvoma. Harokotse abantu babiri gusa. Ni cyo gihe Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, yafunze imiryango yayo maze Ambasaderi Rawson hamwe n'abandi banyamerika 250 barahungishwa. Mu mujyi wa Kigali kandi Abatutsi bari bahungiye ku Bigega bya Gatsata, barishwe.<ref name=":1" /> Imibiri ivangavanze n'inkomere igera ku 10,000 y'Abatutsi yaratoraguwe mu mihanda ya Kigali maze ijyanwa mu Bitaro binyuranye. Kuri Kiliziya Gatolika ya Ruhuha no mu nkengero zayo muri Komini Ngenda, muri Bugesera; kuri iyi taliki hiciwe Abatutsi bagera 10,000. Impuzamugambi zifatanije n'interahamwe zishe Abatutsi bagera 10,000 bari bahungiye kuri Komini Gashora no ku kiyaga cya Rumira na Kidogo muri Bugesera . Ni nawo munsi Umutwe w'ingabo za FPR Inkotanyi wari uturutse Byumba wageze muri CND uje gufasha Ingabo zari zihari gukomeza kurokora Abatutsi bicwaga.<ref name=":0" /> Abarwayi bagera ku 100 biciwe mu Bitaro bya Kigali (CHUK) bishwe n'abasirikare ba Leta. Ni nako kandi Abatutsi benshi b'i Kangazi muri Nkanka (Cyangungu) baroshywe mu Kiyaga cya Kivu. Ahandi habereye ubwicanyi bukomeye; hishwe Abatutsi b'i Ntura muri Giheke( Cyangugu), hishwe Abatutsi b'i Ntendezi, Hishwe Abatutsi benshi i Musasa muri Centre ya Ruli, hishwe Abatutsi i Rwankuba.<ref>[https://www.isangostar.rw/ibyaranze-taliki-ya-10-mata-1994#:~:text=Ku%20wa%2010%20Mata%201994,Rwamiko%2C%20Perefegitura%20ya%20Gikongoro%20bishwe. https://www.isangostar.rw/ibyaranze-taliki-ya-10-mata-1994#:~:text=Ku%20wa%2010%20Mata%201994,Rwamiko%2C%20Perefegitura%20ya%20Gikongoro%20bishwe.]</ref> == AMASHAKIRO: == itkuhwfkmp7pv5hz6tp3ayss66tivs8 Ibiganiro by'umukoresha:Niyijeanluk 3 22624 131292 2026-05-18T09:21:53Z Niyijeanluk 18165 Created page with "Niyibizi Jean Luc ni Umunyarwanda wavutse 07-05-1995 muri Western province, akaba afite Bch (Clinical Medicine and Community Health, ubu akaba akorera kubitaro bya kaminuza University Teaching Hospital of Kigali, CHUK, muri departement ya Planning and monitoring," 131292 wikitext text/x-wiki Niyibizi Jean Luc ni Umunyarwanda wavutse 07-05-1995 muri Western province, akaba afite Bch (Clinical Medicine and Community Health, ubu akaba akorera kubitaro bya kaminuza University Teaching Hospital of Kigali, CHUK, muri departement ya Planning and monitoring, nwvrue4a7pfksh9x7m458o6rk2my0hk